0:00
/
0:00
Transcript

DRC: Joseph Kabila yatashye ishyaka rye PPRD riraseswa

Ukuri Report 20.04.2025

Uwahoze ari Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Kongo, Joseph Kabila, yagarutse mu gihugu cye nyuma y’imyaka ibiri ari mu buhungiro. Yinjiriye mu mujyi wa Goma wigaruriwe n’umutwe wa M23 utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa. Kuri iki cyumweru ,Minisiteri y’ububutegetsi bw’igihugu ya Kongo yafashe icyemezo cyo gusesa ishyaka PPRD rya Joseph Kabila, uregwa kuba afatanije n’abarwanya ubutegetsi bakoresheje imbunda bahereye mu burasirazuba bwa repubulika ya demukarasi Kongo. Inkuru irambuye yateguye n’munyaakuru wa Radio Agasaro Kaburaga,i Goma, Jimmy Shukrani Bakomera.